News

Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Algeria, aho yatumiwe na mugenzi we w’icyo Gihugu, Abdelmadjid Tebboune. Perezida Kagame yakiriwe na Perezida Abdelmadjid ...
U Rwanda rugiye gutangira kubona inyungu yiyongera kuyari isanzwe iboneka mu bucuruzi bw’amabuye y’agaciro, nyuma y’uko ibiciro bya Tungsten (Wolfram) bitangiye kuzamuka ku isoko mpuzamahanga. Igiciro ...
Kuri uyu wa Mbere, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe, yakiriye Umuyobozi w'Ishami ry'u Busuwisi rishinzwe Umugabane wa Afurika muri Minisiteri y'Ububanyi ...
Mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, Umuryango wa Unity Club Intwararumuri wahumurije ababyeyi b’Intwaza batujwe mu rugo rw’Impinganzima rwa Nyanza bagizweho ingaruka ...
Minisiteri y’Ubuzima iravuga ko kuva mu umwaka utaha, izakuba 2 umubare w’abigaga igiforomo ku rwego rw’amashuri yisumbuye. Ibi yabitanganye nyuma y'uko ikoze isesengura igasanga kuva imyaka 2 ishize, ...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwerekanye ko icuruzwa ry’abantu cyangwa abantu basigaye bajya gucuruzwa atari abatarize gusa ahubwo bisigaye bikorerwa ku bantu bize, bajijutse kandi ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
WRITTEN RESULTS SOUND OPERATOR ...
PRESELECTION REPORT /RBA BOARD CANDIDATES ...
Ikipe y'Igihugu ya Algeria yatsinze Amavubi y'u Rwanda ibitego 2-0 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Stade Chahid Hamlaoui ...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwatangaje ko kuva muri Kamena 2024 kugeza muri Gicurasi 2025, Abanyarwanda 105, bagaruwe mu Rwanda bavanywe mu bihugu bari baragiye gucuruzwamo. Imibare ya RIB ...